Article archive
IBIBAZO BISEKEJE
15/03/2013 14:15
Ngiye kubaha ikizamini, ugitsinda araba ari intiti! Banza usubize, ntukopere. Hanyuma urebe ibisubizo uze kwikosora.
Urambwira amanota wagize. Kandi ntumbeshye.
1. Ufite Twiga (giraffe). Urashaka kuyishyira muri frigo.
Urabigenza ute?
Igisubizo: ufungura urugi rwa frigo, ukinjizamo twiga,...
ISI NTUYEMO
15/03/2013 14:06
Umwami yari afite umugaragu wakundaga kumubwira ati nyakubahwa burya buri kintu cyose Imana ikora kiba ari cyiza kandi haba hari impamvu.
Umunsi umwe umwami agiye ku rugamba baramurasa bamuca urutoki, wa mugaragu we ati humura nyakubahwa buriya Imana ifite impamvu kandi nta kibi ikora byose ni...
AY'URUKUNDO
15/03/2013 13:57
Mu rukundo hajya habamo ibibazo bitandukanye ariko ikibazo nyamukuru ndetse kinatera benshi gutinya kwinjira mu rukundo, ni uguhemukirwa(Déception).
Umuntu wahemukiwe mu rukundo rero burya aba afite igikomere ku mutima gishobora no kumukurikirana cyane mu gihe yaba akundanye n'undi muntu nyuma...
INZIRA Y'URUKUNDO
15/03/2013 13:37
Uhura n'umuntu mutaziranye, mukaba inshuti zisanzwe, mukishimirana mugashiduka mwakundanye urukundo rugeze kure. Agukorera byinshi byiza ukamwimariramo, nyuma akajya rimwe na rimwe agukosereza ukababara ariko ukihangana kuko wamaze kumva utabasha kubaho adahari.
Arakubabaza ukumva ibyiza ari uko...
Injangwe yacitse umulizo
21/10/2011 23:06
Injangwe yacitse umurizo
Injangwe yagiye gufata inkoko, ifatwa n'umutego uyica umurizo Ihura n'izindi zigenda ziyiseka. Iza guhagarara irazibwira iti « mfite ijambo rimwe mbabwira.» Izindi ziti « tuguteze amatwi. » Na yo iti « imirizo yacu iraturushya...
Umubiri w'umuntu
21/10/2011 23:05
Umubili w'umuntu
Umubili w'umuntu ugira ibice bitatu by'ingenzi: umutwe, igihimba, amaboko n'amaguru. Ubamo kandi amagufwa menshi.
Ibice by'umutwe ni uruhanga, izuru, umunwa, amaso, imisaya, amatwi, amatama n'akananwa. Muzi akamaro k'ibyo bice...
Imbwa n'igisambo
21/10/2011 23:04
Imbwa n'igisambo
Nijoro mu gicuku, igisambo cyaje ku nzu kigira ngo cyibe ibintu biyirimo, imbwa irakibona iramoka. Nyir 'urugo arabyuka, arareba ntiyagira icyo abona, maze akangara ya mbwa ngo iceceke, arongera ajya kulyama. .
Igisambo kibonye ko...
Karyamyenda
21/10/2011 23:03
Karyamyenda
Habayeho umuntu agakunda kurya imyenda. Umunsi umwe, asanga ingwe yiyiciye ihene, arayibwira, ati " jyewe mfite ihene nyinshi, mpa akanyama, na njye nzakwishyura. "
Ingwe ntiyashidikanya, ndetse imuha uruhande rwose. Undi munsi ajya mu...
Intare n'imbeba
21/10/2011 22:59
Intare n'imbeba
Intare yarihoreye yiryamira mu ndiri yayo. Imbeba ziraza zigumya kuyikina iruhande. Imwe muri zo yurira ibuye ryari hejuru y'intare, irihanuka hejuru yitura hasi, ikangura intare.
Intare ikangutse ifata akaguru k'imbeba. Imbeba...
Urukwavu n'umuhari
21/10/2011 22:54
Urukwavu n'umuhali
Urukwavu rwuzuye n'umuhali. Bukeye rurawubwira ruti « ngwino twihingire umurima, tuwuteremo ibigori n'urutoke.» Umuhari uremera ariko ubwira urukwavu uti « ko ntazi.kurira insina, urutoke nirwera imineke nzayimanura nte ?...
Items: 51 - 60 of 121