Article archive

IHENE

23/09/2011 15:25
Ihene igira umubyimba muremure. Uruhu rwayo rugira ubwoya bugufiya. Ku kananwa igira ubwanwa. Ku mutwe hali amahembe abili asubiye inyuma kandi akomeye. Ihene ikunda kulya ibilyo byiza gusa, ikunda kulya ibyatsi bibisi. Iyo igiye mu mulima irona cyane. Ihene ni itungo ligilira abantu...

Inka n'intare

23/09/2011 15:17
Intare yali ifite iliba n'icyanya mu ishyamba. Amapfa aratera ubwatsi n'amazi birabura. Inka ijya mu ishyamba n'inyana yayo, yiba ubwatsi n'amazi by'intare. Inyombya ivuza induru, iti «amazi y'intare ! amazi y'intare !» Intare iraza, inka irahunga. Bukeye inka isubira kwiba. Inyombya...

TWIVUGE BYA KINYARWANDA

23/09/2011 14:12
1.Inshongore ikaraga ababisha ku ndekwe, Umuhungu Rwanga kugarama. 2.Intamati itikura mbere y' ingabo, Ngarambe badahiga, Ndi Suzuguza abo twagiye gusohoza. 3.Inyamibwa ikwiye Musinga, Ya rusakara mu mahina, Ntwara umuheto w'urusobe. 4.Ndi Bitsindika inkumi bya Rucogoza, Ndi uwo...

urukwavu n'igikona

20/09/2011 12:47
Urukwavu rwatonganye n'igikona, rurarakara cyane, rushaka kucyica. Ariko igikona kibibonye gityo, kirigurukira kiragenda. Urukwavu ruti « iki gisiga nagikinishije, mba nacyishe nkakirya. » Nuko urukwavu rugerageza guhimba ubwenge bwo kuzacyica. Rujya, ahirengeye, aho ibikona byakundaga gutora....

isha n'inzovu

20/09/2011 12:35
Umunsi umwe isha yaganiraga n'izindi nyamaswa, nuko iza kuzibwira, iti « aho mwari muzi ko naguze ya nzovu nini muzi, none ikaba inkorera ? » Impongo yumvise ayo magambo iratangara cyane, iti " ni uko uvuze? Sigaho kutubeshya ! Ndetse ejo kare tuzayibariza...

nkuba na gikeli

19/09/2011 14:08
Nkuba yibereye aho agatura mu ijuru, Gikeli akaba mu nsi. Gikeli yagenda akagenda asimbuka. Nkuba akibera hejuru agakubita hilya no hino. Umunsi umwe aza gukubita ajya hasi, asanga Gikeli yarubatse, arasakara, afite urugo rukomeye.. Nkuba abaza Gikeli ati:"ese Gikeli, ko wubatse utya, wowe...

nyashya na baba

19/09/2011 14:02
Habayeho umugabo n'umugore bakagirana abana babiri, umuhungu n'umukobwa. Umuhungu akitwa Baba naho umukobwa akitwa Nyanshya. Bukeye uwo mugabo aza gupfa. Hashize iminsi na wa mugore arapfa. Abana basigara bonyine. Nyanshya na Baba bajya mu ishyamba, bakajya batungwa no gutega utunyoni....

twisekere

04/09/2011 15:53
Umugabo yari agiye kujya iburaya, aha umukozi wo mu rugo telefone amubwira ko habaye ikibazo azahita amubipa.Hashira ibyumweru bibiri nta bip n’imwe iturutse ku mukozi we .Uwo nyakubahwa akagira ngo ibintu ni sawa. Umunsi umwe, agira arya yumve wa mukozi arabipye.Undi yihutira...

ibisakuzo

28/08/2011 12:36
  Nyiramahenagurwa-Urutare rwo ku nzira. Mugongo mugari umpekera abana.-Urutara (uburiri) Wambukije umwami utagira amaguru-Urusyo. Nagutera Rutare rwa Sebayanda rwasa ingimagihumbi-Urusyo. Mweru n'iyayo-Urusyo n'ingasire. Kwa Bukoco barakocagurana-Urusyo n'ingasire. Igira...

MEMBERS OF EXECUTIVE COMMETEE

28/08/2011 09:10
                                               MEMBERS OF EXECUTIVE...
Items: 101 - 110 of 121
<< 9 | 10 | 11 | 12 | 13 >>